Icyemezo cy’uyu musore abantu benshi bakaba bakigaye kuko ntibumva ko iyo ariyo mpamvu yatuma asebya se umubyara akamushyira hanze ako kageni.
Iki cyemezo cy’uyu musore kikaba cyahungabanyije byinshi kuko kugaragara kw’aya mafoto cyateje impagara mu muryango w’uyu mukobwa binarangije bituma nyina w’uyu musore azimira ubu akaba yaburiwe irengero. Bamwe baravuga ko uyu musore yagombaga kubigira ibanga ntakoze se ikimwaro bigeze aho, ariko abandi bakavuga ko aricyo gihano gikwiye umubyeyi gito nk’uwo.
Aucun commentaire:
Enregistrer un commentaire